Kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Mata 2026, umuherwe wo muri Tanzania akaba n’Umushora mari Said Lugumi yaciye amarenga y’urwo akunda Alliah Cool.
Uyu muherwe amaze igihe agarukwaho ku mbuga nkoranyambaga ndetse izina rye rigarukwaho ku mitwe y’inkuru z’ibitangazamakuru bitandukanye byahano mu Rwanda bivuga ko yaba ari mu rukundo na Alliah Cool.
Said Lugumi mubihe bitandukanye yagiye ashyira utumenyetso tw’imitima kuri post za Alliah Coll yabaga yashyize kuri konte ye ya Istogram, maze bigaca amarenga ko uyu muherwe yaba yaratangiye kubenguka uyu Alliah Coll.
Ibyurukundo rwaba bombi byaje gushyuha cyane ubwo Said Lugumi yari atangiye gukurikira (Follow) Alliah Cool kuri Istogram. Ubundi mu buzima busanzwe bwa Lugumi bwo kumbuga nkoranyambaga nta bwo akurikirikira (Following) abantu benshi kuko nko kuri istogram akurikira kampani ye ndetse na Alliah Cool gusa.
Said Lugumi yaje kuyica umurya ubwo yacaga ahatangirwa ibitekerezo ku mafoto Alliah Cool yari amaze gusangiza abamukurikira kuri Istogram maze Lugumi yandika ati ‘Rukundo rwanjye’.
Ibi byahise bituma abantu benshi batangira kwemera iby’urukundo ruvugwa hagati yaba bombi.
Allia Cool azwi cyane muri sinema Nyarwanda ndetse akaba ari n’umushabitsi mubindi bintu bitandukanye ariko kuri ubu akaba ari gukorera ubushabitsi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
Said Lugumi azwi cyane mu gihugu cya Tanzania ndetse akaba anacuruza intwaroIfoto Alliah Cool yasangije abamukurikira maze Lugumi akamutera umuta

