Imyidagaduro Igihe nazaga numvaga mfitiye ideni abakunzi bajye:Kitoko nyuma yo gusohora indirimbo nshya yise ‘Eva’ atangaje amagambo akomeye Umuhanzi Kitoko Bibarwa umaze igihe gito agarutse gutura mu Rwanda, yasohoye indirimbo nshya yise ‘Eva’ ndetse anavuga ko igihe yazaga… bySezerano VeriteFebruary 20, 2026February 20, 2026
Amakuru yo Hanze Perezida Trump yatangaje ko guhagarika intambara yo muri RDC byamugoye kurusha iya Cambodia na Thailand Donard Trump, Prezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagaragaje ko guhagarika intambara yo mu burasira zuba bwa Repubulika Iharanira… bySezerano VeriteFebruary 20, 2026February 20, 2026
Politiki Musanze:RDF na UPDF basoje inama y’Abayobozi bakuru bashinzwe ibikorwa ku mipaka Inama ya karindwi y’Abayobozi bakuru bashinzwe ibikorwa ku mipaka (7th Proximity Commanders’ Meeting) yahuje Ingabo z’u Rwanda (RDF) Diviziyo ya… bySezerano VeriteFebruary 20, 2026
Amakuru yo Hanze Komiseri usinzwe inkunga muri EU yagiriye uruzinduko i Goma yakirwa neza na AFC/M23 Hadja Lahbib, Komiseri ushinzwe gukemura ibibazo, n’inkunga mu Muryango w’Ubumwe bw’Uburayi yahuye n’abayobozi ba AFC/M23 nk’uko yahuye n’abakuru b’ibihugu byo… bySezerano VeriteFebruary 20, 2026
Imikino Hamenyekanye abasifuzi mpuzamahanga basifura umukino uhuza Police FC na APR FC Kuri uyu wa Gatanu Police FC irakira APR FC mu mukino w’Umunsi wa 21 wa shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda.… bySezerano VeriteFebruary 20, 2026February 20, 2026
Imyidagaduro Uwahoze ari umujyanama wa Bruce Melodie yatawe muri yombi Mike Habinshuti wamenyekanye cyane nk’umujyanama wa Bruce Melodie akongera kuvugwa cyane mu minsi ishize ubwo yashyirwaga mu buyobozi bwa Rayon… bySezerano VeriteFebruary 20, 2026February 20, 2026
Imikino Gen. MK Muganga yasuye ikipe ya APR FC mbere yo gukina na Police FC maze asaba abakinnyi ikintu gikomeye Umuyobozi wungirije w’Icyubaihiro muri APR FC Gen MK Muganga, yasuye abakinyi ba APR FC mu myitozo ya nyuma yiteguraga Police… bySezerano VeriteFebruary 20, 2026February 20, 2026
Politiki Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yakiriye indahiro z’Umushinja cyaha mukuru wa Gisirikare Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yayoboye umuhango wo kurahiza Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare, Col. Charles Sumanyi. Ni umuhango wabaye ku… bySezerano VeriteFebruary 19, 2026February 19, 2026
Amakuru yo Hanze Leta ya Zambia yirukanye Abanyamahanga barimo Abarundi 217 n’aba-Congomani 80 Leta ya Zambia yirukanye Abanyamahanga babaga muri iki gihugu mu buryo butemewe n’amategeko. Nk’uko byatangajwe, uwo mukwabo wabereye cyane cyane… bySezerano VeriteFebruary 19, 2026
Amakuru yo Hanze Leta ya RDC yarenze ku gahenge kasabwe na Angola ikomeza kugaba ibitero mu misozi miremire Perezida wa Angola, João Lourenço, wari Umuyobozi w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), yari yasabye Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi… bySezerano VeriteFebruary 18, 2026February 18, 2026