Imyidagaduro Amashyira kinyoma ku modoka y’Igikoko CM Kenny murumuna wa Coach Gael yanguriye Eva wa John. CM Kenny akaba n’Umuyobozi mukuru (CEO) w’inzu y’Imiziki ya 1:55 am yavuzweho kugurira imodoka ihenze Eva wa John. Ni amakuru… bySezerano VeriteSeptember 6, 2025
Imikino CAF yamenyesheje Rayon sports igihe izakinira na Singida black stars. Rayon sports izahagararira U Rwanda mu mikino nya Afurika ya CAF confederations cup yamenye umunsi n’isaha izakiniraho na Singida Black… bySezerano VeriteSeptember 6, 2025
Iyobokamana Hamenyekanye icyishe umuhanzi Gogo waririmbye “Blood of Jesus”. Musabyimana Gloriose wamamaye mumuziki nka Gogo yitabye Imana, yaguye muri Uganda Aho yari yagiye mu ivuga butumwa. Amakuru ahari avuga… bySezerano VeriteSeptember 4, 2025
Imikino APR FC yatandukanye n’Umukinnyi wari Inkingi yamwamba. Umunya Ghana wakiniraga ikipe ya APR FC Richmond Lampety yatandukanye nayo kubwunvikane, ahita abona ikipe nshya Aya makuru yamenyekanye kuri… bySezerano VeriteSeptember 4, 2025September 5, 2025
Imikino BREAKING:Kalisa Adolphe Cammarade yatawe muri yombi na RIB. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane Tariki ya 4 Nzeri 2025 niho hacicikanye amakuru avuga ko uwahoze ari umunyamabanga… bySezerano VeriteSeptember 4, 2025
Imikino Mahoro Nassiri yabenze SK FM ya Samu Karenzi yigumira kwa Jado Castar. Umunyamakuru w’imikino kuri B&B Kigali FM Mahoro Nassiri yateye umugongo SK FM ya Samu Karenzi yiyemeza kuguma mu rugo kwa… bySezerano VeriteSeptember 1, 2025September 1, 2025
Imikino Hamenyekanye igihe Rugaju Reagani azagarukira mu Rubuga rw’imikino rwa RBA. Rugaju Reagani umunyamakuru wa RBA uherutse kurekurwa n’Urukiko rwa Gisirikare ruherereye i Nyamirambo aritegura kugaruka mukazi ke kuri Radiyo Rwanda.… bySezerano VeriteSeptember 1, 2025September 1, 2025
Imikino Hamenyekanye igihe Umutasi Ricard azagarukira kuri mikoro za SK FM. Umunyamakuru w’imikino kuri SK FM Ishimwe Ricard uzwi cyane ku kazina K’Umutasi uherutse gufungurwa hamenyekanye igihe azagarukira kuri mikoro za… bySezerano VeriteSeptember 1, 2025
Imikino Shema Fabrice yikorejwe umutwaro w’ideni rya Miliyali 2, Imikoro ikomeye asigiwe muri FERWAFA. D.r Shema Fabrice yatorewe kuyobora ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, ariko akaba afite umukoro ukomeye wo kwishyuza Miliyali 2… bySezerano VeriteAugust 30, 2025August 30, 2025
Imyidagaduro Umunyamakuru DC Clement n’Umugore we bibarutse Impanga, ahita atangaza amagambo akomeye. Umunyamakuru Clement Niyigaba n’Umugore we Manzi Ariane bari mubyishimo bikomeye byo kwibaruka abana babiri b’impanga. Abinyujije kuri konti ye ya… bySezerano VeriteAugust 29, 2025