Kamonyi:Ibisambo 12 byatawe muri yombi bikekwaho gutega abaturage bakabambura utwabo

Mu Kagari ka Gitare mu isantere ya Musumba ugana ahazwi nko ku Kigega, Abaturage baturiye bari bamaze iminsi bataka ikibazo cyabajura babatea bakabambura utwabo.

ku wa 5 Werurwe 2026, nyuma y’uko Tuyizere amaze umunsi abuze, kandi yari yavuye mu rugo agiye mu isoko akaburira mu rugo rw’ukekwa.

Inkomoko ya byose ihera ku mugoroba wo ku 3 Werurwe 2026, ubwo uyu umugabo yahamagaraga Tuyizere amubwira ko afite ibishyimbo ashaka ko amugurira. Mu kuvugana, nyakwigendera yemeranije n’umugabo azajya kubifata mu gitondo ahita abikomezanya mu isoko ry’Akabuga na ryo riri mu murenge wa Mugombwa.

Mu gitondo cyo ku wa 4 Werurwe, Tuyizere wari utuye mu Murenge wa Kansi, Akagari ka Sabusaro, yabyutse ajya ku isoko ari kumwe na mugenzi we w’umugore bakoranaga ubucuruzi bw’imyaka, berekeza mu isoko ry’Akabuga ariko babanje kunyura mu rugo rw’uwamwemereye imari ngo na yo ayishore mu isoko.

Bageze hafi y’urugo, Tuyizere yabwiye mugenzi we kuba agenda, undi nawe akajya kumvikana n’uwo agurira ibishyimbo, ariko ageze mu rugo ntiyagaruka.

Amakuru avuga ko wa mugore mugenzi we yakomeje kugenda gake gake yibwira ko Tuyizere amushyikira, arinda agera mu isoko, agurisha atarabona mugenzu we, agira impungenge yibaza aho ari kuko yanamuhamagaraga telefone ntiyitabwe.

Ibi ngo byatumye atangira gushakisha ndetse agera no kuri urwo rugo, babanza kubihakana avuga ko bananiranwe mu biciro akigendera, ariko kera kabaye inzego z’umutekano zimaze gutabazwa ku wa 5 Werurwe, barashyira biyemerera ko bamwishe ndetse bakamucamo ibice byinshi bataye mu bwiherero.

Abageze aho byabereye bavuze ko uyu mugore yishwe urupfu rubi kuko ibice hafi ya byose yari yabitatanyije, amabere ari ukwayo, umutwe ukwawo n’amaboko ukwayo.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Kamanzi Hassan, yabwiye IGIHE ko bakimara kumenya ayo makuru bamenyeshejwe n’abaturage ndetse n’inzego z’ibanze, bihutiye gutabara, ndetse umugabo n’umugore bo muri urwo rugo bahita bafatwa barafungwa ngo bakorweho iperereza.

Ati ‘‘Abakekwaho urupfu rw’uriya mugore ni babiri, bose batawe muri yombi, ubu bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Ndora, mu gihe iperereza rigikomeje.’’

CIP Kamanzi, yakomeje avuga ko mu iperereza ry’ibanze hahise hanagaragara ko haba hari undi muntu baba barishe mu minsi ishize, kuko mu isaka ryakozwe mu rugo rwabo hanagaragaye imyenda n’igare ry’umuntu wari umaze ininsi aburiwe irengero, kandi na we yaracuruzaga ibishyimbo, bigakekwa ko na we yaba yarishwe ntibihite bimenyekana.

Yakomeje ahumuriza abaturage, yizeza imiryango yahemukiwe ko izabona ubutabera bukwiye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *