AFC/M23 bashyize umucyo kubaturage bamaze kwicirwa i Goma.

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko abantu 874 bapfuye ubwo ryari mu rugamba rwo gufata Umujyi wa Goma mu mpera za Mutarama 2025.

Ni amakuru akubiye muri raporo yamuritswe kuri uyu wa 30 Gicurasi, anyomoza Leta ya RDC yemezaga ko i Goma hapfuye abagera ku 3000.

Ihuriro AFC/M23 ritangaje ibi mugihe imirwano igikomeje kuba mubice bitandukanye bya RDC.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *