Abaturage bo mu gace ka Likumbi muri ho muri Teritware ya Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyarugurumu burasirazuba bwa RDC baciye ibiti babikubita umurwanyi wo mu ihuriro rya Wazalendo rifatanya na Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya kugeza ashizemo umwuka.
Ibi byabaye k’umunsi wo kucyumeru gishize ubwo uyu mu rwanyi wa Wazalendo yari amaze kwica umubyeyi we amurashe bityo abaturage bi Lukumbi ntibabifata neza baramukubita mpaka apfuye.
Amakuru agera kuri LAVERITE.RW avuga ko mbere y’uko umurwanyi arasa se umubyara yari yasinze kandi afite imbunda, Umurambo w’Uyu Musosore n’uwa se washyinguwe ku mugoroba wo ku cyumeru tariki ya 8 Kamena 2025.
Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo hakomeje kugaragara umutekano muke, Iyicwa ry’abaturage muburyo budasobanutse Leta y’iki gihugu irebera.