Minisitiri Olivier Nduhungirehe yavuze kuri Tshisekedi wongeye gukerenza imbaraga za FDRL.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko Tshisekedi akwiye gusoma ubutumwa bwa Dr. Alain yitonze.

Ibi yabitangaje ashingiye ku buhamya bwa bashatswe na Dr. Alain Destexhe wabaye umu Senateri mu Bubiligi ndetse aba n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango MSF (Médecins sans frontiéres), aherutse kungirira uruzinduko mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Dr.Alain yavuze ko yavuganye n’abantu batandukanye bafite amakuru kuri FDLR.

Dr.Alain yagize ati:”ubwo nari muri Kivu nakusanyije ubuhamya bwinshi kuri FDRL, Amasoko yajye ybwiye ko imibare yabo yiyongereye kubera ko bahabwa intwaro, ibikoresho n’amafaranga na Flex Antoine Tshisekedi mu ntambara yo kurwanya M23@”.

Ministeri Olivier Nduhungirehe yatangaje ko Tshisekedi wabwiye abakuru bibihugu ko FDRL ari umutwe ugizwe n’abarwanyi bashaje ubwo yarari mu nama y’umuryango wa Afurica yo hagati(CEEAC) akwiye gusoma ubutumwa bwa Alain yitonze.

Ministeri Olivier Nduhungirehe yagizeati:”Ahari Tshisekedi akwiye gusoma ubu butumwa yitonze we wabwiye abakuru bibihugu bya (CEEAF) inkuru y’ikinyoma ko FDRL yaba ari umutwe usigariye ku izina gusa aho abarwanyi bayo ari abasaza babayeho imyaka imyaka 30 y’inyondera kuva 1994.”

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *