Lamine Yamal yahishuye ko adatekereza Ballon D’or, Benshi bamwifuriza.

Lamine Yamal yagize icyo avuga kuri Ballon D’or benshi bavuga ko akwiye kubera uruhare yagize munsinzi z’ikipe ye ya FC Barcelona.

Lamine Yamal ubwo yari abajijwe icyo atekereza kuri Ballon D’or yavuze ko atayitekereza.

Yagize ati:”Ntabwo ntekereza kuri Ballon D’or, Ndatekereza ko byazakubera bibi aribyo utekerejeho gusa, Ndatekereza gukina nkana tsinda.

Lamine Yamal aherutse kongera amasezerano ye muri FC Barcelona azageza muri 20231.

Ballon D’or yuyu mwaka abantu benshi bakomeje kwibaza uzayihabwa dore ko hari n’abavuga ko ikwiye guhabwa umufaransa Ousmane Dembélé kubera uruhare yagize munsinzi z’ikipe ye ya PSG ndetse akaba yarayifashije kwegukana igikombe cya UEFA champions league batwaye bwambere mu mateka kuva iyi kipe yashingwa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *