Umukinnyi w’umunya Brukina fasso ukinira ikipe ya APR FC akaba akina asatira izamu Djibril Cheik Ouattara birashoboka ko agiye kwandika amateka yokuza mubakinnyi batsinze ibiteggo byinshi muri shampiyona y’Umupira w’Amauru murwanda ugereranyije nabo bahanganye mukuyobora abamaze gutsinda ibitego byinshi.
Djibril Cheik Ouattara yageze muri APR FC mbere yuko igice cyakabiri cya shampiyona gitangira mumikino mike amaze gukinira iyi kipe y’ingabo z’Igihugu aho amaze gutsinda ibitego 11 nyuma yuko yanditsweho igitego cyashidikanywagaho uwaba yaragitsinse hagatiye na Niyigena Clement ukina m’Ubwugarizi bwiy’Ikipe nkuko byagaragajwe muri raporo y’Abasifuzi hagafatwa umwa umwanzuro wokucyandika kuri uyu mukinnyi.
Ouattara ari kumwanya wa 3 mubakinnyi bamaze gutsinda ibitego byinshi aho afite ibitego 11 ararushwa ibitego 3 na Umar Abba ufite ibitego 14 ukinira Bugesera fc ndetse na Fall Ngagne wa Rayon sports wa 2 aho afite ibitego 13 ndetse akaba atarakinnye imikino yokwishyura kubera ikibazo cy’Invune yomw’Ivi yagize.
Djibril Cheik Ouattara w’Imyaka 25 yageze muri APR FC avuye muri JS KABYLIE yo muri Alggeria ikina Ligue professionelle 1.
OUATTARA ARASABWA IKI? NGO ABE UWATSINZE IBITEGO BYINSHHI (TOP SCORER).
APR FC isigaje gukina imikino 2 ariyo uwa bazakirwamo na MUHAZI UNITED kuwa atandatu ndetse nusoza sampiyona bazacakiranamo na MUSANZE FC yo mumajyaruguru y’U Rwanda, Ouattara arasabwa gutsinda ibitego 4 mumikino 2 isigaye kugirango abe uwatsinze ibitego byinsi nubwo bisa n’Ibigoye ariko birashoboka mugiheUmar Abba wa BUGESERA FC atakwongera gutsinda.
Ibi ouattra akoze byogutsinda ibitego byinshi ntibyaherukaga mumyaka yavuba kuko ahafi byaherukaga ni muri sezo ya 2012-2013 ubwo Amis Cedric wakiniraga Rayon sports yatsinze ibitego 13 mumikino 14 yari amaze gukinira iyi kipe ndetse akanayifasha nokwegukana igikombe cy’Amahoro cy’iyo sezo.
Ouattara biravugwako hari amakipe yohanze yatangiye kumwifuza.
Mbibutseko mushobora gutanga ibitekerezo kunkuru tubagezaho ushaka gutera inkunga Iaverite.rw watuvugisha kuri +250792070858 cyangwa ufite inkuru idasanzwe ushaka kutuigezaho no kwamamaza byose mubibariza kuriyo nimero twabahaye.
ariko kuki mwibagirwa vuba? Bokota Labama ubwo yazaga muri rayon sports yakoze ibiki? ntiyaje mu mikino yo kwishyura agahita aba top scorer?
mwaribeshye cyaneeeeeeee!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!