UMUKINNYI WIFUZWA NA APR FC YAHAMAMAGAWE MURI EKIPE Y`IGIHUGU CYE BIMWONGERERA AMAHIRWE YOKWISANGA I NYARUGENGE.

Umukinnyi Allan Okello wifuzwa na APR FC

Mugitondo cyo kuri uyu wakabiri tariki ya 20 Gicurasi 2025 nibwo umutoza wikipe yigihugu cya uganda(uganda creans) nibwo yahamagaye abakinnyi 28 azifashisha mumikino 2 yagicuti afite mukwezi kwa gatandatu harimo uwo bazakina na cameroni tariki ya 6 kamena 2025 nuwo bazakina na Gambia tariki ya 9 kamena 2025.

Umutoza Paul Put utoza Uganda yahamagaye abakinnyi 12 bakina imbere mugihugu harimo umukinnyi wo mukibuga hagati Allan Okello ukunira ikipe ya Vipers sc uyu akaba yifuzwa bikomeye cyane na ikipe ya apr fc yo mu Rwanda akazayikinira umwaka utaha w’imikino amakuru ahari yuko uyu mukinnyi yaba yararanguje kunvikana niyi ikipe y’ingabo z’igihugu iyi kipe ya apr fc ifite gahunda yokugura abakinnyi bakina mumakipe y’ibihugu byabo.

Mubakinnyi bahamagawe bakina hanze harimo abakinnyi babiri ba APR FC bakina bataha izamu baciye kumpande aribo Denis Omedi ndetse na Hkim Kiwanuka.

Imikino ya gicuti izafasha Uganda kwitegura imikino yo gushaka itike yo kujya mu Gikombe cy’Isi cya 2026, izahuriramo na Mozambique na Somalia, iteganyijwe muri Nzeri 2025.

Ushaka kwamamaza tuvuishe kuri 0792070858

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *